Jump to content

Imihindagurikire y’ikirere cy'u Rwanda

Kubijyanye na Wikipedia
Ikirere

Imiterere y’ikirere ni impuzandengo y`ibintu biboneka mu bipimo by’ikirere by’akarere k’ahantu bwite mu gihe ubusanzwe kitarenze imyaka 30. Kubera ubutumburuke bwarwo buri hejuru, u Rwanda rufite imiterere y’ibihe n’iy’ikirere igizwe n’ubushyuhe buciriritsse. Ubushyuhe mpuzandengo mu mwaka buri hagati y’igipimo cya degré Celcius 16 na 20, hakaba nta mihindagurikire ihambaye - Imiyaga na yo ni mu kigero cy’a hafi milimetero ‘’millemètre’’ 1 kugeza kuri 3 mu isegonda - Kuba ubukungu bushingiye cyane ku buhinzi bw’igihe cy’imvura, imiterere y’ibihe n’iy’ikirere ifite akamaro kihariye .[1][2]

ibimera bigira uruhare mukurwanya imihindagurikire y'ikirerere

Imiterere y’imvura igizwe n’ibihe, ighe cy’imvura kuva muri Nzeli kugeza mur gushyingo n’igihe kirekire kurushaho hagati ya Werurwe na Gicurasi. Hari ibihe bibiri hagati y’ibihe by’izuba, ighe kiguffi hagati y’Ukuboza n’Ugushyinngi n’igihe kirekire kuva mu kwezi kwa gatandatu kugeza mu kwezi kwa Kanama .

  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/iyo-umwana-agwingiye-kugeza-ku-myaka-ibiri-ntakira-minisante
  2. https://rba.co.rw/post/Min-Mujawamariya-Hakenewe-ubufatanye-bwinzego-mu-kubungabunga-ibidukikije#google_vignette